المدة الزمنية 37:17

Ijambo ry'Imana hamwe na Pst Julius NGENDAHAYO

89 مشاهدة
0
3
تم نشره في 2020/10/18

Uyu munsi nifuje ko dutekereza ku “Gutsinda intambara zibera mu bitekerezo byacu” cg se “kwegurira Imana ibitekerezo byacu akaba ariyo ibitegekao”. Bibliya ivuga byinshi ku mutima w’umuntu, kubitekerezwa mu mutima w’umuntu. Bibliya ivuga ku mutima unezerewe, wishimye ariko kandi ivuga no kuntambara zibera muriwo, intambara zibitekerezo zirwanira muriwo.Umuhanga umwe yaravuze ngo muritwe amasaha 24/24 habera intambara ikomeye cyane.

الفئة

الكلمات

عرض المزيد

تعليقات - 0